Post

Log inSign up

Post

user avatar
Rwanda Broadcasting Agency (RBA)
@rbarwanda
Replying to @rbarwanda
Umuyobozi ushinzwe Ubucuruzi n’Iyamamazabikorwa mu Kigo RNIT Iterambere Fund, Masantura Ruziga Emmanuel, yagaragaje ko urubyiruko rufite amahirwe menshi yo kwaguka cyane iyo rutangiye kwizigamira ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hakiri kare, biturutse ku nyungu zigenda zitangwa. Yabigarutseho mu kiganiro cyibanze ku buryo urubyiruko rwakwaguka bifatika rubikesha gushora ku Isoko ry’Imari n’Imigabane. Yatanze urugero ko umuntu wizigamira ibihumbi 100 ku kwezi uyu munsi nyuma y’imyaka 20 azaba agize miliyoni 24 Frw ariko ko naba yarakoresheje RNIT Iterambere Fund azaba afite kuri konti ye miliyoni 86 Frw abikesha inyungu ziri hejuru ya 11% iki kigo gitanga. #RBAAmakuru
10:47 AM · Jun 10, 20261.4KViews

New to X?

Sign up now to get your own personalized timeline!

Create account

By signing up, you agree to the Terms of Service and Privacy Policy, including Cookie Use.

Relevant people

user avatar
Rwanda Broadcasting Agency (RBA)@rbarwandaFollow

Trending now

Terms·Privacy·Cookies·Accessibility·Ads Info·© 2026 X Corp.
Don't miss what's happening
People on X are the first to know.
Log inSign up