Inama ihuriweho n’Imitwe yombi, iragezwaho na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi umushinga w’Itegeko rigena Ingengo y’Imari ya Leta y’umwaka wa 2026/2027.
- - -
The Joint Sitting of both Chambers, will hear from the Minister of @RwandaFinance the presentation of the State Budget
Rwanda Parliament
34.5K posts
Official Twitter Handle of The Parliament of Rwanda (Senate & Chamber of Deputies). Email:[email protected]
- Abadepite bashimye ingamba za Guverinoma zirimo ubukangurambaga ku baturage, imikoranire hagati y’inzego no kwifashisha ibikoresho bigezweho mu kurwanya inkongi y’umuriro n’inkuba. Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano yagiranye ikiganiro na Minisitiri wa
- Mu ruzinduko rw' iminsi 2 mu turere twa @RubavuDistrict na @MusanzeDistrict, Visi Perezida wa Sena Nyirahabimana Soline, yasuye: ➡️ Umuryango “Shalom Community Organization” uhuriza abaturage mu matsinda muri gahunda y’isanamitima, ubumwe n’ubudaheranwa n’ibikorwa“Icyo mwashyikiriye mu gikomeze.” Visi Perezida wa Sena, Nyirahabimana Soline, yashimiye abaturage ba @RubavuDistrict intambwe bagezeho mu kubaka ubumwe n’ubudaheranwa, anabashishikariza gukomeza gusangiza abandi gahunda nziza ya #NdiUmunyarwanda nk’umuti womora kandi ukiza buri
- Visi Perezida wa Sena Nyirahabimana Soline yasuye ba Koperative y’abahinzi gitwa Abizerwa muri mu Murenge wa Kinigi mu @MusanzeDistrict asaba abanyamuryango kurangwa n’imiyoborere myiza gukomeza gukorera hamwe no kugisha inama ubuyobozi mu gihe bategura imishinga y'iterambere.
- Today, the Ambassador of China to Rwanda, Gao Wenqi, paid a courtesy visit to Speaker Kazarwa, together with Deputy Speakers Uwineza Beline and Mussa Fazil Harerimana. They exchanged views on inter-parliamentary cooperation between the Republic of Rwanda 🇷🇼 and the People's
- Abadepite bagize Komisiyo y'Uburezi, Ikoranabuhanga, Umuco, Siporo n'Urubyiruko baganiriye n’Umuyobozi Mukuru wa @HEC_Rwanda, Dr. Edward Kadozi ku ishyirwa mu bikorwa ry'Itegeko rigena imitunganyirize y'Uburezi. Dr. Edward Kadozi yagaragarije komisiyo: ➡️ Uko HEC ishyira mu
- “Icyo mwashyikiriye mu gikomeze.” Visi Perezida wa Sena, Nyirahabimana Soline, yashimiye abaturage ba @RubavuDistrict intambwe bagezeho mu kubaka ubumwe n’ubudaheranwa, anabashishikariza gukomeza gusangiza abandi gahunda nziza ya #NdiUmunyarwanda nk’umuti womora kandi ukiza buri
- Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yagejejweho na Minisitiri wa @RwandaTrade, Sebahizi Prudence, Politiki y’Inganda (2024–2034) igamije kwihutisha iterambere ry’ubukungu bushingiye ku nganda zifite ubushobozi bwo guhatana ku isoko mpuzamahanga. Mu bitekerezo Abadepite batanze
- Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite iragezwaho na Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Politiki y'inganda (2024- 2034). - - - Members of the Parliament will be briefed by the Minister of @RwandaTrade on Industrial policy (2024-2034). 🕒 15h00 📻 listen.rba.co.rw/radios/radioin…
- Senateri Dr Uwamariya Valentine yasabye abanyeshuri kwiga bashyizeho imbaraga, gukora cyane no kurangwa n’ikinyabupfura kugira ngo bazavemo abayobozi beza. Ni mu kiganiro yagiranye n’abanyeshuri b’ishuri rya UPEEC - La Lumiere ryo muri @RusiziDistrict basuye Sena.
- Abadepite basoreje igikorwa cyo gusura abaturage mu gihugu hose mu nama bagiranye n’abaturage mu Mirenge yose y’Umujyi wa Kigali. Muri iki gikorwa cyari kigamije gusura ibikorwa byo kongera umusaruro w’ubuhinzi, mu nama n’abaturage Abadepite banagarutse ku butumwa bujyanye na:ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU Abadepite bagiye gukora ingendo rusange zigamije gusura ibikorwa byo kongera umusaruro w’ubuhinzi Umutwe w'Abadepite wateguwe ingendo rusange z’Abadepite mu Turere twose tw’Igihugu zigamije kubona amakuru yo kugenzura ibikorwa birebana no kongera
- Mu gusura ibikorwa by’ubuhinzi, Abadepite bagarutse ku mwihariko ukwiye kuranga ubuhinzi bwa @CityofKigali , hashyirwa imbaraga mu kwifashisha Ikoranabuhanga, uburyo bugezweho bwo guhinga mu mijyi, gukoresha ubutaka butoya, kwibanda ku bihingwa bikenewe cyane nk’imbuto n’imboga.Nyuma yo gusura Uturere twose mu Ntara, Abadepite bakomeje igikorwa cyo gusura abaturage. Muri iki gitondo bari kugirana ikiganiro n’ubuyobozi bwa @CityofKigali byibanda ku: ➡️Ingamba zo kongera umusaruro w’ubuhinzi ➡️Gusuzuma uko ibibazo by’abaturage byagejejwe ku Badepite mu











































