🚨BANYAMAKURU BA SIPORO🚨
Dukwiye gutangaza cyangwa kwandika amakuru ari uko twamenye aho yaturutse ko ari ukuri kandi yuzuye. Imvungo nka OPERASIYO,UBWINO, ZA NDANI ziherekezwe n’ibimenyetso bifatika. Rubanda rufite uburenganzira bwo guhabwa amakuru y’impamo.
#MediaIntegrity
RMC
2,733 posts
Promoting Free, Responsible and Accountable Media in #Rwanda
- Itangazo rigenewe Abanyamakuru muri ibi bihe bya Covid-19(turisegura ku ikosa ryari mu nteruro ya mbere y'iryo mwabonye mbere)
- Twihanganishije umuryango w’umunyamakuru Jean Lambert GATARE, umuryango mugari w’abanyamakuru ndetse n’inshuti ze. Imana imuhe iruhuko ridashira.
- 🚨BANYAMAKURU🚨 Ubunyamwuga buganze “AGATWIKO” kuko amakabyankuru yangiza ikizere muri rubanda. Abanyamakuru dukwiye kwimakaza ugutangaza amakuru y’ impamo, twubaha amahame agenga umwuga w’ itangazamakuru.#MediaIntegrity @ARJ_Rwanda @IGIHE @Inyarwandacom @btntvrwanda @oswaki
- Ku wa 29 Mata 2025, RMC yaganiriye n’umunyamakuru @RugajuOfficial ukorera RBA, ku bijyanye n’imvugo yakoresheje mu kiganiro “Urubuga rw’Imikino” cyatambutse ku wa 28 Mata 2025, aho yumvikanye yibasira Umutoza SENINGA Innocent. Nyuma yo gusuzuma ibyavugiwe muri icyo kiganiro, RMC
- 🔔KWIBUTSA ABANYAMAKURU BATARA INKURU MU BICE BY’INTAMBARA🔔 Mu bihe by’intambara, uruhare rw’abanyamakuru ni ingenzi kuko batangariza rubanda amakuru y’ibiri kuba. Umuhate wanyu wo gutanga amakuru y’ukuri, yuzuye kandi yubahiriza amahame agenga umwuga w’itangazamakuru ni ngombwa
- 🔔 KWIBUTSA🔔 Tuributsa abanyamakuru bose, by’umwihariko abakora inkuru za siporo, ko gukora kinyamwuga no gukurikiza amahame ngengamyitwarire ari ingenzi mu kubaka umwuga w’itangazamakuru wizerwa kandi wubahwa. "Umunyamakuru agomba gukora akazi ke kinyamwuga, yirinda gukoresha
- Ubutumire mu gikorwa cyo kwibuka abanyamakuru bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
- Four members voted by the media to join the board are @ScoviaMutesi, @XaveraNYIRARUKU, @ReneAnthere & @PGirinema, who will join three others from academia, civil society & Rwanda Bar Association.
- GUHWITURA! Ingingo ya 13 y’amahame ngengamyitwarire y’umwuga w’itangazamakuru igira iti: “Umunyamakuru afite uburenganzira bwo kwerekana aho ahagaze ku kibazo icyo ari cyo cyose. Afite inshingano zo gutandukanya inkuru n'ibitekerezo bye bwite.” Ni muri urwo rwego RMC nyuma yo
- Itangazo rigenewe abanyamakuru n'abakora umwuga w'itangazamakuru mu bihe byo kwibuka ku nshuro ya 26.









