Inama yabanjirijwe n’igikorwa cyo gusura hamwe mu hazakorerwa ibikorwa bigize uyu Mushinga mu Murenge wa #Kitabi, umwe mu yo mu Karere ka #Nyamagabe igera ku 8 uzakoreramo. Hasuwe imirima y’icyayi y’Uruganda rw'Icyayi rwa Kitabi izaterwamo ibiti bivangwa n’imyaka. 3/4
Bitabiriye inama yo ku rwego rw'Igihugu iri kurebera hamwe ishyirwa mu bikorwa ry'Umushinga Nyungwe-Ruhango-Corridor/ #GEF-8 Project ugamije kurengera ibidukikije no guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe mu Turere twa #Ruhango, #Nyanza na #Nyamagabe. 2/4
Abakozi, abagize ibyiciro byatowe, abahagarariye ibigo by'amashuri na bamwe mu bikorera bo mu Murenge wa #Gasaka, bari gusura Urwibutso rwa Jenoside rwa #Murambi. 1/3
Abasabye kudasubira inyuma. Abasabye kandi kwitegura neza isuzuma ry'imihigo y'Akarere rizakorwa na @statisticsRW kuva ku wa 30 Kamena 2026 kugira ngo Akarere kazisubize umwanya wa mbere kagize mu mwaka w'imihigo wa 2023-2024. 6/6
Ababwiye ko kugeza ubu Akarere ka #Nyamagabe ari ko kaza ku mwanya wa mbere mu gukoresha Urubuga rwa #Mbaza . Ni ko kandi kaza ku mwanya wa mbere mu kuba ari ko gafite abaturage benshi bamaze kugira uruhare ku musanzu w'ubwisungane mu kwivuza w'umwaka utaha wa 2026-2027. 5/6